Sunday, June 12, 2016

INKURU YIZUBA RIRASHE K URUGANDA RWA NYABIHU RWAHOMBYE MILLIONI 1019662 ZAMADORALI M'UKWEZI NYUMA YUKO FPR IJYANA AYO MAFRANGA KUGURA INTWARO MUBUSHINWA ZO GUTERA UBURUNDI NICYITEGEREREZO CYUKO KAGAME NABANTU BE BATAJE GUTEZA IMBERE ABAHUTU AHUBWO KO BAJE GUSAHURA URWANDA

By UMUKOZI WA NYABIHU POTATO XTREME

NGIYO NYABIHU ICUCUYE ABATURAGE BA RUHENGERI NA GISENYI
Uruganda rwatwaye Leta yo Rwanda miliyoni 1,019,662 rwahagaze rutamaze kabiri kubera amafranga yakoreshejwe mukugura intwaro zo gutera u Burundi Nicyitegererezo cyuko FPR itaje kubaka u Rwanda ahubwo kurusenya. 

Nkuko mubibona muraya mafoto aba nabahutu bimburamukoro baturutse mumajyaruguru bakuyobya uburari kubwibyuru ruganda. 

Uru ruganda rwubatswe kunguzanyo Banki Nkuru yisi yahaye urwanda ikaba izarihwa nabanyarwanda mumyaka 25 izaza. Aha ngaha tubibutseko iyo FPR ivuze abanyarwanda mubyerekeranye nokuriha imyenda biba bivuze abahutu kuko nibo batanga imisoro. 
Abahinzi b’ibirayi bo mu Majyaruguru n’Iburengerazuba bw’u Rwanda muturere tuzwi nka Ruhengeri na Gisenyi kandi tukaba tuzwiho kwangwa nabatutsi cyane kuberako ariho abesnhi muri leta ya Habyarimana wishwe na Paul Kagame baturukaga ubu barimo kurira ayo kwarika nyuma yuko uruganda Kagame yari yabasezeranije rusahuriwe na FPR ntanukwezi gushize FPR irufunguye. Ubu bakaba kandi baratangaza ko bari mu gihirahiro nyuma y’uko uruganda rutunganya ibirayi bari begerejwe na FPR ruhagaritse gukora rukimara gufungurwa.

Ni uruganda ruherereye mu Murenge wa Mukamira, Akarere ka Nyabihu, rwuzuye rutwaye amafaranga y’u Rwanda miliyoni 780 angana na 1019662 yamadolri yabanyamerika. Ariko amakuru dukesha umuntu usanzwe akora muri uru ruganda akaba avugako amafranga yagombaga gutuma rukora rukagura ibirayi mubanyarwanda bo muri aka karere dore ko abesnhi ari bene Sebahinzi yafashwe na ministri yingabo maze bakayajyana kuyagura intwaro mubushinwa. 

Urwo ruganda, rwafunguye imiryango ku wa 8 Werurwe 2016, rwubatswe muri gahunda ya ‘Uruganda Iwacu’ bigizwemo uruhare na Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ku bufatanye bw’ikigega gitera inkunga imishinga mito n’iciriritse(BDF) n’amakoperative y’abahinzi b’ibirayi bo muri Nyabihu bashizemo akayabo gatubutse nkabanyamuryango. Ariko aya mafranga yose FPR yayakukumbye ibasiga iheruheru. 

Nkuko byatangajwe nikinyamakuru Izuba Rirashe gisura abahinzi b’ibirayi bo mu gace ruriya ruganda rwubatsemo, bakibwiye ko rwakoze ubwo ubuyobozi bwarwo bwarumurikiraga Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda n’abashyitsi bamuherekeje aje kurufungura ubundi ngo ruhita ruhagara. Ahangaha mbibutskeo twebwe dusanzwe dukoramo bari baramaze kutubwirako harigihe rutakora kuko ngo ntamafranga yingengo yimari rufite kuko ayarafitswe yajyanywe muri gahunda za leta. Ariko iyo abatutsi ba FOR bavuga gahunda ya leta baba bavuga FPR. 
NGABO ABARI BAVUYE MURI FPR BAJE GUFATA AMADOSIYE YURUGANDA

Abo bahinzi bagaragaza ko ibyo byabatunguye binabaca intege mu gihe nyamara ngo bari biteze byinshi kuri urwo ruganda rwari rubegerejwe bwa mbere mu mateka yabo.

Nkubito Thomas, umuhinzi wo mu Kagali ka Rugeshi, Umurenge wa Mukamira, agira ati“twaratunguwe cyane binaduca intege, nawe se uru ruganda rwakoze iminsi ibiri; rwaraye rukora ubwo biteguraga ko Minisitiri Kanimba n’abo bari kumwe baza kurufungura, bwarakeye rukora amafiriti bamumurikiye ubundi amaze kugenda ruhita ruhagarara.”

Rusagara Andre, umuhinzi w’ibirayi wo mu Murenge wa Kabatwa, yungamo ati “Ubwo twari twiteze ko urwo ruganda rugiye kujya rwongerera agaciro ibirayi maze natwe tukabyungukiramo, ubu turi mu gihirahiro, ntituzi ngo ikibazo gihari ni ikihe, ikindi rwose sinahisha kukubwira ko nk’umuturage mbabajwe n’amamiliyoni yarugiyeho ari gupfa ubusa.”

Muri rusange ikibazo gihari ni ikihe?

Hakizimana Evariste, umuyobozi w’uruganda rutunganya ibirayi rwa Nyabihu, yumvikanisha ko urwo ruganda nta kibazo rufite ko ahubwo hagikorwa igerageza n’ibindi avuga byumvikana ko byakabaye byarakozwe mbere y’uko rufungurwa harimo ibyo gushakisha amasoko.

Cyakora, Uwanzwenuwe Théoneste, umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, avuguruza ibivugwa n’umuyobozi wa ruriya ruganda, akaba ahubwo yumvikanisha ko mu igenzura Akarere kakoze kasanze hakiri ibibazo tekiniki byatumye hatumizwa imashini ku mugabane w’Iburayi.

 Icyapa cyerekana ahari uruganda rutunganya ibirayi rwa Nyabihu(Ifoto/Umurengezi Regis)

Icyapa cyerekana ahari uruganda rutunganya ibirayi rwa Nyabihu(Ifoto/Umurengezi Regis)
Meya Uwanzwenuwe akomeza agira ati“natwe nk’ubuyobozi tubifata nk’igihombo kuba hari inyubako zatwaye Leta akayabo ariko zidakora, abaturage ndababwira ko turi kubikurikirana kugira ngo ziriya nyubako zikore icyo zagenewe.”

N’ubwo adahuza n’Akarere ka Nyabihu impamvu uruganda abereye umuyobozi rutari gukora, Hakizimana avuka ko vuba, bitarenze ibyumweru bibiri, uru ruganda ruzaba rwatangiye gukora.

Uruganda rutunganya ibirayi rwa Nyabihu, rufungurwa rwari rwitezweho gutunganya ibiro 500 by’ibirayi ku isaha, bikorwamo ibintu bitandukanye birimo ifiriti, ibisuguti n’ibindi binyuranye, byari byitezwe kandi ko rwari kujya ruhata ibirayi bikagemurwa mu bigo bitandukanye hirya no hino mu gihugu.

Ibirayi mu Rwanda bihingwa mu Majyaruguru ashyira Iburengerazuba bw’u Rwanda, bihingwa n’abaturage basaga ibihumbi 70 bibumbiye mu makoperative atandukanye.

Twitter: @Umurengezis

No comments:

Post a Comment