Thursday, December 4, 2014

DORE UKO IMYIDAGADURO YARIMEZE HANO IKIGALI MURUBYINIRO CG SE BOITE YA KEIZAN CLUB

,U5 Enterprises,Nanone yongeye ikora Udushya twatangaje abantu bose bari muri Keizan Club Kabeza:AMAFOTO
Hari mwijoro ryakeye ubwo abasore n’i nkumi babarizwa mwitsinda rya U5 basusurutsanga abantu bari baje muri Keizan Club,kabeza kuwa 3 bari batumiwe maze bigahurirana n’Isabukuru za bamwe bari baje kuhizihiriza Isabukuru zabo nkuko twabibwiwe n’uhagarariye U5 hano Mu Rwanda ariwe Robinah yadutangarije ko bari kubutumire bwa Keizan Club ku munsi wo kuwa 3 mwijoro ryakeye,nibwo bahakoreye udushya maze batangiye kuririmba abakunzi babo barahaguruka baza kubafasha,


DSC_0135
Ubwo twageranga hano Kabeza ibirori byabo byari bitaratangira ariko byaje gushyuha nka saa 10:30z’ijoro nibwo batangiye kuririmba hanyuma abakajya banacishamo bakingana indirimbo za banadi bahanzi Dore ko bazi kwigana indirimbo za bandi bahanzi bo hanze ndetse neza cyane,
Ubushize twababwiranga ko iyi Group ko ibarizwa hano muri Kigali Kaciru ko ariho batuye ndetse hakaba ari naho hari biro zabo,itego yabo nugushakisha abantu bose bafite impano ariko badafite uburyo bazigeze ku bantu U5 nibwo buryo yajemo mu Rwanda kugirango ifashe umuntu wese waba afite impano ye ariko yarabuze aho yayerekanira ubishatse baramwakira muri U5 nawe ukaba umwe nabo,
DSC_0044
Bakora ibintu byinshi harimo kubyina kuririmba ndetse ni ndi myunga nko kudoda ndetse nokwiga gukora Dizayini nziza hamwe no kugenda usobanura neza ibyo U5 ikora muri rusange.
DSC_0322
DORE UKO IGITARAMO CYABO UKO CYARI KIMEZE MURI KEIZAN CLUB KABEZA DORE AMAFOTO HANO>>>

DSC_0338

DSC_0322

DSC_0356

DSC_0357
  
Uyu musore kubera uburyo yashimishije abantu abafana baje bamumenaho inzoga kubera ibyishimo byinshi.

DSC_0038

umuyobozi wa U5 ndetse na Robinah barikumwe muri Keizan Club,

DSC_0043

DSC_0065


DSC_0113

DSC_0118

DSC_0082

DSC_0184

DSC_0140

No comments:

Post a Comment